Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Kuri uyu wa 25 y’ukwezi kwa kane, amahanga yizihije umunsi wahariwe kurwanya indwara ya Malariya. Perezida w’Amerika Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora igihugu mu mwaka wa 2024. Imyuzure yasenyeye ymiryango 780 mu mujyi wa Uvira