Amakuru ku Mugoroba
Your browser doesn’t support HTML5
Kuri uyu wa 25 y’ukwezi kwa kane, amahanga yizihije umunsi wahariwe kurwanya indwara ya Malariya.
Perezida w’Amerika Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora igihugu mu mwaka wa 2024.
Imyuzure yasenyeye ymiryango 780 mu mujyi wa Uvira