Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

U Rwanda ruvuga ko rutazakomeza kuba urwitwazo rw’ibibazo byo muri Kongo, aho imirwano ikomeje hagati y’ingabo za leta n’iz'umutwe wa M23, cyane ahitwa i Ntamugenga- Uburayi buvuga ko bwakuyeho ibihano wari warafatiye abayobozi b’Uburundi. Ubwongereza bufite minisitiri w’intebe mushya: Richi Sunak.