Iwanyu mu ntara
Your browser doesn’t support HTML5
Mu Rwanda Leta yashyizeho ibiciro by’amata bigomba kubahirizwa uyereye kuri uyu wa Kabiri. Ibi biciro bije nyuma yaho muri ibi bihe, abaturage baba mu mijyi ndetse no mu byaro bagaragaje ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’amata