Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Repubulika ya demokarasi ya Congo n’Uburundi birashakira hamwe uko amahoro yagaruka mu ntara zihana imbibe ndetse n'abahatuye bagahahirana nta nkomyi. Abayobozi b’intara 6 z’Uburundi kuri uyu wa gatatu bahuye na guverineri w’Intara ya Kivu y’epfo, Theo Ngwabidje kuganira kuri iyo ngingo.